dimanche 24 août 2014

Umuhanzi w'indirimbo za Gospel Richardnick NGENDAHAYO yaraye akoze ubukwe Bukomeye i Dalass muri America

Nyuma yo gutanduka n'umugore we babyaranye umwana umwe w'umuhungu ,Umuhanzi uzwi cyane kw'izina rya Richardnick NGENDAHAYO mu ndirimbo nka NIWE,CUBAHIRO,N'izindi yaraye akoze ubukwe bukomeye muri america,Amazina y'umugore we tuzayabatangariza twamaze kuvugana n'uyu muririmbyi umaze iminsi atuje kumpamvu zitazwi.
Ubwo aheruka kwumvikana mu kiganiro cya Eddy KAMOSO kuri radio Rema fm i Bujumbura yatangaje ko afite fiancé ariko ntiyatangaza i byu bukwe,Benshi rero bakaba bibaza impamvu uyu muririmbyi ubarizwa ubu muri america atashatse gutangaza ubukwe bwe?

Richard nick n'umugeni we bari kumwe na Nziza Désiré umuririmbyi w'umuririmbyi w'umurundi

Mr Danny

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire